Abikorera n’abasesengura ibijyanye n’ubukungu berekanye ko gukundisha Abanyarwanda ibyiza nyaburanga bitatse u Rwanda kugira ngo bajye babisura nka ba mukerarugendo, byafasha Igihugu mu kuzamura ...
Madamu Jeannette Kagame avuga ko ubufatanye hagati ya Leta n'abikorera ari ingenzi, mu gufasha urwego rw'imari kugera ku ntego zarwo zirimo kugeza serivisi z'imari ku bagore kandi bakabona inguzanyo ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Niyomwungeri Hildebrand, yagaragaje ko bitatunguranye kuba aka Karere kagaragajwe nk’agakennye kurusha utundi mu Rwanda. Ubushakashatsi bwa 7 ku mibereho y’ingo, ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga itegura ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abitabiriye iyi nama bakaba bahurije ku kuba ibikorwa byo kwibuka bigomba ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ni bwo inkuru y’incamugongo yasakaye hose ko Mukuralinda Alain wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara ...
Perezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inama Mpuzamahanga ku Ikoranabuhanga ry'Ubwenge Buhangano muri Afurika ko abakora muri uru rwego bakwiriye kongererwa ubushobozi ndetse n'ibikorwaremezo ...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Alexis Dusabe, yagaragaje ko mu byo yishimira mu myaka isaga 25 amaze akora umuziki harimo ko ibihangano bye byafashije benshi kuyoboka inzira ...
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, ari kubarizwa muri Brazil aho ari kugirira uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine ku butumire bwa mugenzi we, Jose Mucio Monteiro Filho. Ni amakuru yatangajwe na ...
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Ambasaderi Maj Gen Ramson Godwin Mwaisaka, uri gusoza inshingano ze zo guhagararira Tanzania mu Rwanda. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 2 ...
U Rwanda rugiye kongera ubushobozi bw’ibigega bizigama ibikomoka kuri peteroli aho bizava kuri litiro miliyoni 66.4 zikoreshwa mu kwezi kumwe gusa bikagera kuri litiro miliyoni 334 zikoreshwa mu mezi ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results